23,99 €
inkl. MwSt.

Versandfertig in 6-10 Tagen
  • Broschiertes Buch

UBUZIMA NI IKI? Ubuzima ni iki? Abahanga bavuga ko Ubuzima ari igihe umuntu asamwe, akaba aribwo atangira kugira ubuzima no kwitwa umuntu! Hari abavuga ko ubuzima butangira iyo umuntu avutse kuko ngo ariho batangira kubara italiki, ukwezi ndetse n¿umwaka!Ibyo ntitwabitindaho, gusa icyo tuzi ko ni uko sublima bugira intangiriro ndetse bukagira iherezo! Muri uko kubaho k¿umuntu, ahura na byinshi, hari ibyiza ndetse n¿ibibi, niyo mpamvu byitwa ubuzima!Hari byinshi biranga ukubaho k¿umuntu! Hari ubuzima bushobora kugutera kubihirwa ukumva biranze ariko na none hari ubuzima bugutera ibyishimo bya…mehr

Produktbeschreibung
UBUZIMA NI IKI? Ubuzima ni iki? Abahanga bavuga ko Ubuzima ari igihe umuntu asamwe, akaba aribwo atangira kugira ubuzima no kwitwa umuntu! Hari abavuga ko ubuzima butangira iyo umuntu avutse kuko ngo ariho batangira kubara italiki, ukwezi ndetse n¿umwaka!Ibyo ntitwabitindaho, gusa icyo tuzi ko ni uko sublima bugira intangiriro ndetse bukagira iherezo! Muri uko kubaho k¿umuntu, ahura na byinshi, hari ibyiza ndetse n¿ibibi, niyo mpamvu byitwa ubuzima!Hari byinshi biranga ukubaho k¿umuntu! Hari ubuzima bushobora kugutera kubihirwa ukumva biranze ariko na none hari ubuzima bugutera ibyishimo bya buri munsi! Ha handi uzaba wicaye ukumva ibyishimo biraje ugaturika ugaseka kandi uri wenyine!Muri ibyo byose twigarukire hafi cyane mu nkingi imwe y¿ubuzima yitwa urukundo! Nyuma yo kumva ko umuntu ashobora gukunda ndetse ashobora no gukundwa, ibi hari byinshi bisobanuye ni na yo mpamvu umuntu agira amahitamo ye akurikije icyo yifuza mu rukundo!Urukundo ni nka ¿Wireless¿ (inziramugozi), iyo urwifitemo hari byinshi utekereza ko wagenderaho bikaba urufunguzo y¿ibyishimo byawe!Isezerano ntirijya rirangira! Isezerano ntirijya risaza, byose biva mu Mutima wihangana.Urukundo rwa Eddy na Jane.
Autorenporträt
KABARIRA Alien wavutse 28/10/1993. Afite impamyabumenyi y'amashuri yisumbuye. Ni umunyamakuru akaba n'umwanditsi w'inkuru, cyane cyna izivuga ku buzima n'imibanire y'abantu.Aracyari ingaragu,atuye i Kigali mu Rwanda. Ni umukristo ukunda Imana n'abantu.